Ticker

6/recent/ticker-posts

Ad Code

Responsive Advertisement

DJ Brianne na Tesha bakebuye Bad Rama wijanditse mu byo guharabika u Rwanda ku bera urwanda rukomeje gutera imbere muri music mpuzamahanga

 Ibi DJ Brianne na Tesha babigarutseho mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru mbere yo guhaguruka i Kigali, basaba Bad Rama guhinduka bigishoboka kuko akomeje kurenga umurongo.

umuhanzi kenny eazy agiye gukora indirimbo yitwa attention coming in soon

izaca kuri9 iyi youtube channelhttps://www.youtube.com/@KENNYEAZYTV 



 

Aha DJ Brianne yagize ati “Buriya ahantu waririye, washakishirije […] mbega ahantu wagiriye ubuzima bwose bubaho urihangana [...] iyo urengereye kuriya ni kwa kundi usanga utangiye kwicuza. Ariko ikintu nsaba Imana izatubabarire iturinde ubukene, kuko hari igihe butuma ukora ibintu utakabaye ukora.”

Uyu mukobwa yagaragaje ko Bad Rama yagiriye ubuzima bwiza mu Rwanda ku buryo bigoye ko ubu yaba ariho ari gusebya.

Ku rundi ruhande, DJ Brianne yavuze ko mu by’ukuri Bad Rama yarengereye gukina no gutuka Umukuru w’Igihugu kuko atari umuntu bari ku rwego rumwe.

Tesha usanzwe ukorana na DJ Brianne ndetse banajyanye i Burayi yasabye Bad Rama guhinduka bigishoboka kuko ibibazo yagize yabigiriye muri Amerika atigeze abigirira mu Rwanda.

Ati “Urubyiruko ni ukuri mureke ibiyobyabwenge […] Inama nagira Bad Rama nagaruke bigishoboka u Rwanda ni igihugu gikunda abantu bacyo aramutse aje agaca bugufi agasaba imbabazi bazimuha.”

Tesha yibukije Bad Rama ko u Rwanda ari igihugu afitemo umuryango inshuti n’abavandimwe amusaba kudakomeza gutuma babaho bahangayitse.

Post a Comment

0 Comments