Ticker

6/recent/ticker-posts

Ad Code

Responsive Advertisement

ITangazo Rihamagarira Gupiganira Isoko Ryo Kugemura Ibiribwa N’inkwi N’ibinyobwa ko buri wese yasaba akazi kuko arabwemerewe

 

Uwifuza gupiganira iryo soko yaza gufata igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa ku Biro by’Umushinga RW0488 ADEPR KAGAMBA uri muri iyo Paruwase, yitwaje inyemezabuwishyu (bordereau) igaragaza ko yishyuye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (FRW 10.000) adasubizwa kuri konti N° 100034273183 y’Ururembo rwa Gicumbi iri muri Bank ya Kigali (BK) yitwa : ADEPR REGION GICUMBI
DEVELOPEMENT.

Uwifuza kubona igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa mu buryo bw’ikoranabuhanga agisaba Ubuyobozi bw’Umushinga RW0488 ADEPR KAGAMBA akoresheje e-mailrwadprkagamba@gmail.com,
akohereza ubusabe bwe buri hamwe n’inyemezabwishyu (bordereau) yemeza ko yishyuye ikiguzi  



cy’igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa, agatanga copy kuri EKayitare@rw.ci.org idatanzwe hose iba imfabusa.

Igikorwa cyo gutanga Dao kizarangira kuwa Kabiri sasita.

Inyandiko z’ipiganwa zizakirwa kandi zifungurirwe mu ruhame ku wa Gatatu taliki ya 11/03/2026 saa yine
za mu gitondo (10h00)
 ku Biro by’Umushinga RW0488 ADEPR KAGAMBA. Nyuma y’iyo saha nta yindi nyandiko izakirwa.

Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara kuri Telefone No: 0788 642 794/0725 711 576

Bikorewe i Kagamba, ku wa 25/02/2026

Umukono :

Amazina : Rev. NSENGIMANA Laurien

Umushumba wa Paruwase ya KAGAMBA

Post a Comment

0 Comments