Ticker

6/recent/ticker-posts

Ad Code

Responsive Advertisement

reta zunzu ubumwe za america dore icyo prezident Trump ku kwitabira Igikombe cy’Isi kwa Iran muri football 2026 cup of word

 Uyu muyobozi yabigarutseho mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel bikomeje kugaba ibitero kuri Iran.

Aganira n’ikinyamakuru, Politico, Trump yagize ati “Mu by’ukuri ntabwo mbyitayeho. Ntekereza ko Iran ari igihugu cyatsinzwe bikomeye.”

Igikombe cy’Isi kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mexique na Canada, kizaba kuva tariki ya 11 Kamena kugeza ku ya 19 Nyakanga 2026. Iran iri mu Itsinda G hamwe na Misiri, u Bubiligi na Nouvelle-Zélande. 

umuhanzi kenny eazy agiye gukora indirimbo yitwa attention coming in soon

izaca kuri9 iyi youtube channelhttps://www.youtube.com/@KENNYEAZYTV 



 

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Iran, Mehdi Taj, aherutse guca amarenga ko iki gihugu gishobora kutazitabira iri rushanwa.

Ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru cyo muri Iran cya IRIB TV3, ku wa Mbere, tariki ya 2 Gashyantare 2026, Taj yagize ati “Ntabwo nabihamya neza, ariko byanze bikunze hari ingaruka bizagira. Ikiriho ni uko inzego zose nkuru zireberera umupira w’amaguru muri Iran, zigiye kwicara zifate umwanzuro ukwiriye.”

“Muri aka kanya icyo navuga ni uko bitewe n’ibitero n’ubukana bifite, sinizera ko kiriya ari Igikombe cy’Isi twaba dutegereje imbere yacu.”

Ku rundi ruhande, Umunyamabanga mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Mattias Grafstrom yatangaje ko bashishikajwe no kuzagira irushanwa ryiza ritekanye kandi rizitabirwa na buri wese.

Post a Comment

0 Comments