umuhanzi kenny eazy agiye gukora indirimbo yitwa attention coming in soon
izaca kuri9 iyi youtube channelhttps://www.youtube.com/@KENNYEAZYTV
Imbere y’abitabiriye iki gitaramo, Prophet Joshua yarahagurutse agira ati “Platini yarantumiye, ndavuga nti ngomba kuhagera. Ku bw’ibyo ndaguha miliyoni 5 Frw ejo Saa Tatu za mu gitondo.”
Ni amafaranga yemeye ariko ntiyamuva mu ntoki, icyakora nyuma y’amezi atatu avuga ko atazigera ayatanga ku impamvu z’uko yakiriwe nabi.
Mu biganiro binyuranye, Prophet Joshua yumvikanye avuga ko yanze guha Platini na Nel Ngabo miliyoni 5 Frw yemeye ubwo bumvishaga abantu album bahuriyeho ‘Vibranium’ kuko atakiriwe mu buryo bukwiye.
Mu kiganiro na IGIHE, ubwo yari abajijwe uko yakiriye kudahabwa amafaranga yemerewe, Platini yagize ati “Byarangiye kuriya uretse ko atari n’amafaranga twari twasabye, uriya si umuntu wo kwishyuza. Nta kintu gikomeye mba nshaka kumuvugaho ariko no kuba yarageze hariya na byo ni ibindi bibazo.”
Uyu muhanzi wumvaga adashaka kuvuga cyane kuri iki kibazo, yavuze ko ibyabaye na byo ubwabyo ntacyo bitwaye kuko bishyushya imyidagaduro.
Ati “Buriya ibintu byo kuvuga ni byinshi ariko si ngombwa ngo byose umuntu abivuge, biriya biba bigomba kunyuraho mu myidagaduro kugira ngo n’abantu bashaka kwimurika cyangwa kugaragara byose bicemo.
0 Comments