Ticker

6/recent/ticker-posts

Ad Code

Responsive Advertisement

fotball Bukayo Saka yavuze ko atazi Celine Dion, bitungura Tems and what you doo

 Mu kiganiro umukinnyi mpuzamahanga yakoze  Bukayo Saka aherutse guhuriramo na Tems, yumvikanye avuga ko atazi Celine Dion, uyu Munya-Nigeria umaze kwamamara mu muziki w’Isi aratungurwa. arsenal 

Tems yakomeje abwira Bukayo Saka ati “Ntabwo uzi uwo Celine Dion ari we?”, Saka nawe ati “oya, ni bibi umukinyi 


Nyuma yo kubona ko uyu musore koko ashobora kuba atazi Celine Dion, Tems yagize ati “Mana yanjye, Celine Dion!”

Ikiganiro cya Tems na Bukayo Saka kuri Celine Dion, cyazamutse nyuma y’uko uyu musore yari abajije Tems umuhanzi yakuze afata nk’icyitegererezo, undi amubwira ko ari uyu muririmbyi ukomoka muri Canada.

Nyuma y’ibyatangajwe na Saka, abakunzi bamwe b’umuziki batangiye kumutera amabuye, batumva uburyo atazi Celine Dion, mu gihe abandi bavugaga ko nta nka yaciye amabere, cyane ko atari inzobere mu muziki, ahubwo we yihebeye gukina umupira w’amaguru.


Post a Comment

0 Comments